Loading

(Couplet 1)

Amahitamo yanjye yabaye
wowe gusa aah ah igihe
waziye eeh (igihe waziye)

Nasanze ntawakuruta aah
ntanuravuka aah byose
Nasanze tubisangiye iyeh

Ndakubura nkaba stresser
jour comprends pas baby
eeeh

(Pont)

Nanga kwifata uko mbonye
ngo utazansiga ah ibyangue
Bikaribwa n’inyoniiiiin !

Ibyo unkorera ntavuze mbona
ari magie, j’ai besoin de toi
aah dans ma vie…

(Refrain)

Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas

Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas

Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas

Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas

(Couplet 2)

Wanpaye title beibe rwose
ntacyo utakoze kuva igihe
Waziye eeeeh yaaaah

Waraje irunga riragenda (genda)
N’ingeso mbi ziragenda (genda)
None ubuzima buragenda ntago
Nyitinya

Ubu nakwitanga nukuri rata dore
nawe twanajya impaka nawze
Twasigana sinkunda ibinsaza
natwe tuzisanga nizina rya
mama mbikira iryo banga aaah

(Pont)

Nanga kwifata uko mbonye
ngo utazansiga ah ibyangue
Bikaribwa n’inyoniiiiin !

Ibyo unkorera ntavuze mbona
ari magie, j’ai besoin de toi
aah dans ma vie…

(Refrain)

Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas

Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas

Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas

Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas

Added by

lyrics africas

SHARE

Votre adresse e-mail ne sera pas publiée. Les champs obligatoires sont indiqués avec *