![]()
(Couplet 1)
Amahitamo yanjye yabaye
wowe gusa aah ah igihe
waziye eeh (igihe waziye)
Nasanze ntawakuruta aah
ntanuravuka aah byose
Nasanze tubisangiye iyeh
Ndakubura nkaba stresser
jour comprends pas baby
eeeh
(Pont)
Nanga kwifata uko mbonye
ngo utazansiga ah ibyangue
Bikaribwa n’inyoniiiiin !
Ibyo unkorera ntavuze mbona
ari magie, j’ai besoin de toi
aah dans ma vie…
(Refrain)
Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas
Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas
(Couplet 2)
Wanpaye title beibe rwose
ntacyo utakoze kuva igihe
Waziye eeeeh yaaaah
Waraje irunga riragenda (genda)
N’ingeso mbi ziragenda (genda)
None ubuzima buragenda ntago
Nyitinya
Ubu nakwitanga nukuri rata dore
nawe twanajya impaka nawze
Twasigana sinkunda ibinsaza
natwe tuzisanga nizina rya
mama mbikira iryo banga aaah
(Pont)
Nanga kwifata uko mbonye
ngo utazansiga ah ibyangue
Bikaribwa n’inyoniiiiin !
Ibyo unkorera ntavuze mbona
ari magie, j’ai besoin de toi
aah dans ma vie…
(Refrain)
Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas
Monalisa wange sinzakuva
Iruhande eeh sinzatuma
Hari ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas
Ngaho fata poz umutima
utuze Sinzatuma hari
ikikuriza t’inquiete pas
Added by
lyrics africas
WRITE A COMMENT
WRITE A COMMENT

No comments yet